Ihuriro ryacu ry’abasomyi


IMG_7228_1Ihuriro ry’abasomyi b’abana n’urubyiruko bahurira ku biro bya Grace Rwanda/Ineza Foundation ku Gisozi, Akarere ka Gasabo, ririmo gukura. 

Arita na Kirezi ni bamwe mu abasomyi , kandi banakunda n’imikino bahagirira. Arita aravuga ati:

”Nkunda aho dusomera, ndetse cyane cyane iyo badusomera inkuru, kandi nishima cyane iyo umunsi wa Ineza w’imikino wo kuwa gatandatu ugeze,…ikipe y’abakobwa yacu itsinda abahungu,…dukunda umupira w’amaguru, amakarita atwigisha amagambo mashya y’Icyongereza, gusimbuka imigozi, gukina Kirisense, n’ibindi,…”