Yearly Archives: 2020


Ineza Foundation Ibifurije Mwese

Ubwo turimo turangiza Umwaka wa 2020, Ineza Foundation yifuje kugaruka ku ibikomeye twaciyemo muri uyu mwaka udasanzwe, aho twatewe tutiteguye, Icyorezo cya Covid 19 cyugarije isi, kigahagarika byose kikanakomerera buri wese, kitise uwo uriwe, cyangwa ubuzima urimo. Dusubije inyuma amaso mu amezi 12 ashize, mu kwezi k’Ukuboza 2019, twizihizaga ibirori […]

Christmas tree

Itangazo rihamagarira abanyeshuli kwitabira irushanwa ryo kwandika

Mu rwego rwo gukomeza gusigasira umuco wo kwandika no gusoma, Muri iki gihe amashuri afunze kubera ingaruka za Corona Virusi, umuryango Edified Generation Rwanda ku bufatanye n’ibindi bigo aribyo: Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi (REB), Komisiyo y’igihugu ikorana na UNESCO (CNRU), Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco (MYCULTURE) binyuze mu kigo RALSA, Umujyi wa […]


Imurikabitabo ry’Igihugu mu buryo bw’Ikoranabuhanga 2020

Mu rwego rwo guteza imbere uruganda rw’igitabo mu Rwanda, Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco (MYCULTURE), ibinyujije mu kigo kiyishamikiyeho cya RALSA; yateguye Imurikabitabo ry’Igihugu mu buryo bw’Ikoranabuhanga 2020; rikaba ryaritabiriwe n’abanditsi, amazu asohora ibitabo, ababishushanya, ababicapa, ababigura, amasomero n’amashuri. Iri murikabitabo ry’Igihugu ribaye ku nshuro ya 4 kuva mu mwaka wa 2017 […]


Ingaruka za COVID 19 ku masomero

Iyi nkuru yashywizwe mu Kinyarwanda wayisoma aha Mbere ya guma mu rugo mu Rwanda, umufatanyabikorwa wacu Ineza Foundation yakoreshaga ibitabo mwadufashije kohereza ngo bijye gufasha amasomero rusange hirya no hino mu gihugu. Muri ayo masomero harimo inguni eshanu abana basomeramo, twafatanyirije hamwe kuzitangiza, kandi harimo n’isomero rya kontineri riri i […]


Basomyi bato nimwandike

Kwinjira mu irushanwa rya Queen’s Commonwealth Essay byaratangiye – kandi bakeneye kubona abana n’urubyiruko bo m’uduce twose bandika. Kanda aha umenye amakuru yose mu rurimi rw’icyongereza.


Tubifurije Umwaka Mushya wa 2020

Uyu mwaka, Ineza Foundation izakomeza guteza imbere umuco wo gusoma Tanga ibitabo mu masomero rusange, no gushyigikira imishinga irambye ifasha abagore n’urubyiruko. Turashimira abafatanyabikorwa bose twafatanyije muri iyi myaka no mu maya iri imbere.